Nk’uko byatangajwe n’urubuga Capital.fr, ngo ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Chicago Booth School of Business , ngo gukora akazi mu rurimi rutari urwo wakuze uvuga (ururimi utekerezamo) byaba bitanga umusaruro kurusha gukora mu rurimi wiyumvamo kurusha izindi.
Hashize igihe ubonye akazi, ibyishimo byo gusinya contrat cyangwa gutangira akazi byarashize, umaze kumenyera. Hari aho bishobora kugera noneho ukumva urambiwe, ugatangira kwinuba...
Mu gihe abagore bamwe usanga ntacyo bibatwaye, ku bandi biba ngombwa ko bareka gukora imirimo y’ingufu ahubwo bagakora iyoroheje, cyangwa se bakagabanya ibyo bakoraga mu buzima bwa buri munsi, ...
Pages: 0 | 3 | 6